Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye n’umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, yisunze umunyamategeko we Turahirwa Théogène, yandikiye uyu muhanzi ndetse na Label abarizwa ya 1:55 AM abasaba gukemura ikibazo cy’indezo y’umwana avuga ko babyaranye bitaba ibyo bakitabaza inkiko.
Nk’uko tubikesha ubushakashatsi bw’ikinyamakuru Insider Monkey, u Rwanda ruri ku mwanya wa Kane mu kugira abagabo n'abasore beza kandi mu gihe ibihugu bituranye n’u Rwanda bitari hafi aho.
Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola, nyuma gutsinda Brighton and Hove Alibions, yavuze ko ibyabaye kuri Liverpool ari ibisanzwe byaba no ku yandi makipe